Umugabo wanje twapfuye ko arangiza vuba/ Ndifuza umusore Wabasha kumara iminota 15 kandi azi n’ubwenge!.



Benshi bakunze kuvuga ko urukundo nta forumire (formula) rugira , bakabivugira ko ari ikintu kizira igihe gishatse kikanagendera igihe kibishakiye. Kubaho ufite uwo ukunda nawe agukunda nikimwe mu bintu abantu bose kw’isi baba bifuza , ni muri ubwo buryo rero umwe mubakunzi bacu yatwandikiye maze adusaba kumutambukiriza ubutumwa kurubuga.

Yanditse agira ati: “Mubyukuri kuba mbinyujije kuri uru rubuga rwa babitimes.com nkemera kuvuga ibindimo , nuko nifuza kuruhura umutima wanjye nkareka gukomeza kubaho ngenyine! mugihe maze ntari mu rukundo ubu noneho ndifuza wamba hafi najye nkamuba hafi.

Mubyukuri nifuza umusore uri hagati y’imyaka 25-35 ufite igihagararo , kandi akaba ari n’umuntu usobanutse akamenya n’ubwenge kuburyo azabasha kumfasha akazi ko gukomeza gucunga imitungo yacu.

Amazina yanjye nitwa Mumararungu Shadia , nkaba ntuye mumujyi wa Kigari ariko nkaba mfite inzu kuruyenzi niyubakiye , ku myaka yanjye 31 mfite umwana umwe ubu utuye muri Norway ari naho yiga , umugabo wanjye hashize imyaka 4 duhanye gatanya dupfa kutanshimisha mu buriri kubera kurangiza vuba njye nkibishaka , bityo kwihangana bikananira.”

Ubaye uri umusore ukeneye umuntu uguhundagazaho urukundo ariko nawe ukaba urufite kuko uyu mukobwa akunda umuntu umwitaho cyane akanamuba hafi , ntushidikanye kugira icyo uvuga muri Comments , aho batangira igitekerezo ubundi akaba yaguhitamo akakwandikira 

2 Commentaires

siga iciyumviro cawe ngaha

  1. Nn yipfuza ubufasha aca araba agakihitiramwo kuko abokwizana wosnga habayemo amaranga mutima bigatuma asubira kwicuza. Nagende bukbuk uwo bazohuza azomuronka.

    RépondreSupprimer
Plus récente Plus ancienne

Formulaire de contact