Perezida Biden bahatswe kumurasa

 Perezida Joe Biden wa Leta zunze ubumwe z’Amerika yanzuranyije urugendo yagiriraga muri leta ya Delaware akomokamo, asubira ikitaraganya muri prezidansi y’Amerika nyuma y’uko Irani igabye ibitero by’indege z’intambara 100 zitagira abapilote (drones) kuri Isirayeli.







Umuvugizi wa prezidansi y’Amerika ushinzwe iby’umutekano mu gihugu, Adrienne Watson, yabivuze mu itangazo yashize ahagaragara ku gicamunsi cyo ku wa gatandatu.

Enregistrer un commentaire

siga iciyumviro cawe ngaha

Plus récente Plus ancienne

Formulaire de contact