Prince Kid yakatiwe gufungwa imyaka 5 no gutanga ihazabu ya Miliyoni 2

Prince kid na mugore wiwe miss Rwanda 2017 Elissa iradukunda







ITaliki 13 /102023 nibwo urukiko(sentare) rukuru rwa Nyarugenge ruherereye i Nyamirambo mu isomwa ry’urubanza ubushinjacyaha bwari bwarajuririye kubyaha yari yaragizweho umwe birimo gusaba ishimisha mubiri, gukoresha undi imibonanone mpuzabitsina ku gahato , urukiko rwanzuye ko Prince Kid afungwa imyaka 5 agatanga n’ihazabu y’amafaranga y’u Rwanda angana na Miliyoni 2.

Ishimwe Diedonne wamenyekanye nka Prince kid yahamirwe icyaha cyo gukoresha undi imibonanompuzabitsina ku gahato, aho urukiko rwavuze ko icyi cyaha yagikoreye uwari ufite kode (code) ya Vmf mu batangabuhamya. Ibi bivuze ko ahita ajyanwa i Mageragere ,icyakora yemereye kujuririra mu rukiko rw’ikirenga. Prince Kid araba asubiye muri Gereza ku nshuro ya kabiri kuko ubuherutse yari yagizwe umwere kuri ibyo byaha n’urukiko rw’isumbuye

Amarira ni yose ku mugore we Miss 2017 Iradukunda Elissa utarahwemye kumuba hafi kuva atabwa muri yombi bwa mbere kugeza none 13.10.2023 hasomwa imyanzuro y’urubanza. Abakunzi ba Prince Kid ndetse n’abandi muri rusange bakurikiranira hafi imyidagaduro ntibahwemye kugaragaza ko batishimiye gufungwa kuyu mugabo wari umaze kuba ubukombe mu gutegura amarushanywa y’ubwiza.

Enregistrer un commentaire

siga iciyumviro cawe ngaha

Plus récente Plus ancienne

Formulaire de contact