Nyuma y’imyaka 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwandahari abafatwa bakoherezwa mu gihugu gukurikiranwa ku byaha bya Jenoside basize bakoze



 Nyuma y’imyaka 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda ibaye, uruhare rw’ubutabera bw’u Rwanda ku rwego Mpuzamahanga bwagaruriwe icyizere ari na yo mpamvu hari abafatwa bakoherezwa mu gihugu gukurikiranwa ku byaha bya Jenoside basize bakoze.

Turaganira ku gukurikirana abakoze Jenoside bahunze u Rwanda aho bigeze ndetse n’intambwe yatewe muri iyi myaka 30 ishije.

Reba video hobo :hari abafatwa bakoherezwa mu gihugu gukurikiranwa ku byaha bya Jenoside basize bakoze

#Kwibuka30

Enregistrer un commentaire

siga iciyumviro cawe ngaha

Plus récente Plus ancienne

Formulaire de contact